Amakuru

Ibitero bikomeye ku munsi wa 31 w'ibitero muri Gaza, Menya...

Umunsi wa 31 w'ibikorwa bya kinyamaswa bya Israheli muri Gaza, umubare w'abitabye Imana wiyongereye ugera ku bantu 9770.

Ijambo ryose ry'umuyobozi wa Hezbollah._ISHEJA

Nyuma yo kumara iminsi acecetse aravuze, Israel yatanze agahenge mbere yuko avuga.

Perezida wa Palestine yanze kuvugana na Biden._ISHEJA

Perezida wa Palestine yanze kuvugana kuri telefoni na Perezida wa Leta zunze ubumwe za America.

Hamas iteye Israel mu bitero bitunguranye._ISHEJA

Ibitero bitunguranye byaramukiye kuri Israel, aho yarashwe ibisasu 5000 nkuko bivugwa na Hamas. Ibi bisasu byarashwe mu gice cy'amajyepfo...

Ubufaransa gukura ingabo zabwo muri Niger iki Cyumweru._ISHEJA

Ubufaransa buvuye ku izima, bwemera gukura Abasilikare muri Niger.

Ibihugu byemerewe kwinjira muri BRICS._ISHEJA

Ibihugu bishya byemerewe kwinjira mumuryango wa BRICS.

Kuki aba Perezida bamwe bari kwikanga kwicwa, Ibi birava...

Abategetsi bo mu biyaga bigari bari kugaragara mu buryo bwihariye batari bamenyereweho.

Wagner group imaze kugera muri Niger byeruye._ISHEJA

Amakuru yemeza ko abarwanyi ba Wagner bamaze kugera muri Niger akomeje gucicikana hose ku Isi.

Ibihugu byasabye kwinjira muri BRICS kumugaragaro._ISHEJA

BRICS ni umuryango ukomeje gutanga ikizere ku Bihugu byinshi, aho byinshi mu Bihugu bikomeje kugaragaza gushaka kwinjira muri uyu...

Uko ibihugu bikurikirana mu kugira igisilikare gifite ingufu...

Urutonde rw'uyu mwaka wa 2023, rugaragaza uko ibihugu bikurikirana mu kugira igitinyiro mu Gisilikare rwageze hanze.

Abaherekeje Perezida Ramaphosa bafungiwe muri Polonye,...

Perezida wa Africa y'Epfo yasuzuguriwe mu Gihugu cya Poland.

Impamvu abasirikare 116 birukanwe muri RDF._ISHEJA

Impamvu abasirikare 116 harimo abajenerali birukanwe mu ngabo z'u Rwanda.

Ibihugu birenga 20, birifuza kwinjira muri BRICS._ISHEJA

Ibihugu bitandukanye bikomeje kwifuza kwinjira muri BRICS.

Iran yiteguye kwinjira muri BRICS, Perezida Ebrahim Raisi._isheja

Perezida wa Iran yatangaje ko Igihugu cye kiteguye kwinjira muri BRICS.

Trump yahakanye gutata America, avuga ko yari afite uburenganzira...

Trump ati 'nari mfite uburenganzira bwose bwo gutunga ziriya nyandiko nk'umuntu wabaye Perezida wa America'

Perezida Kagame yakiriye indahiro z'Abasilikare bakuru...

Abayobozi baheruka gushyirwa mu nshingano nshya barahiriye imbere y'Umukuru w'Igihugu.