Menya uko washakirwa Visa ukajya aho ushaka utavunitse._ISHEJA

Bona Visa binyuze mu mucyo, utariwe amafaranga yawe.

Menya uko washakirwa Visa ukajya aho ushaka utavunitse._ISHEJA

A sponsored post

Visa ziri kuboneka bitagoranye, wakwibaza uti bijyenda bite?

Niba ushaka visa usabwa gukurikiza ibisabwa no gukurikiza amabwiriza yose ubwirwa gukurikiza, maze ukabona Visa ikujyana aho ushaka kujya haba ku Burayi ndetse na America ( Canada, USA ).

Ku muntu ushaka Visa bimusaba iki?

1. Kuba afite Passport igifite igihe byibura imyaka 2.

2. Kuba afite urupapuro rwerekena ko yikingije Covid_19, inkingo zose zisabwa.

3. Kuba afite urupapuro rwerekene ko yakingiwe Yellow Fever, uko bisabwa.

4. Kuba yiteguye kugera muri Tanzania kuko ari ho hakorerwa process yo gushakirwa Visa ku babikeneye.

5. Kuba afite amafaranga byibura 1/2 cyayo azishyura andi akazayatanga yabonye Visa muri Passport ye.

Twe tumufasha iki :

Twe tumufasha kubona aho aba aba ( icumbi ) muri Tanzania mu gihe turi kumushakira uko yabona Visa, udashaka ko tumucumbikira aricumbikira nta kibazo gusa akabonekera igihe cyase yakenerwa.

Tumushakira n'impapuro zose zisabwa kugira ngo Visa iboneke harimo : Urupapuro rwerekana ko afite amafaranga asabwa ngo abashe guhabwa Visa ( Bank statement ),  urupapuro rwakazi cyanwa rwo gutura muri Tanzaniya rufasha ushaka visa kumvywa muri Ambasade, tumufasha kwishyura Visa kuri konti bisabwa ko yishyurirwaho ndetse n'ibindi byose nkenerwa kugira ngo Process ye ibashe kugira ireme no kumvikana ihabwe agaciro.

Visa iboneka hagati y'ukwezi n'iminsi 90.

Hari umwihariko kandi kuri Visa zimwe na zimwe, Urugero nka Visa ya Canada ifite umwihariko wo kuba imara imyaka 10 yose. 

Ikitonderwa : kuri Visa ya Canada iyi gahunda y'imyaka 10 ntihoraho, ariko ubu biri gukunda, abumva bayikeye bakwihutira kuyisaba hakiri kare.

Gahunda yo gushakirwa Visa yose ikorerwa muri Tanzania nkuko twabivuze hejuru kandi nyiri kuyishakirwa asabwa kuba ahari kugira ngo akurikirane intambwe ku y'indi uko ikorwa hirindwe kuba yatekereza ko ari ukumubindikiranya. Nyiri gushakirwa Visa agomba kandi kuba afite ziriya mpapuro zose twavuze hejuru ndetse n'igice ku mafaranga azishyura kuko andi yishyurwa amaze gukorerwa akazi aba yadushinze.

Kubifuza gushakirwa Visa rero bakwiye kutuvugisha kuri Whatsapp banyuze kuri iyi Link ya Group ya Whatsapp : Kanda hano winjire muri Group.

Akaba ari naho mu bariza ibindi bibazo mwibaza mugasobanurirwa ku buryo bwimbitse maze mugashira impungenge mbere yo kurekura amafaranga yanyu ngo dutangire akazi.

Gahunda iratangira ejo ku Italiki 18/01/2024, mutugane tubafashe kubona Visa namwe muduhe amafaranga.

Ibiciro kuri Visa byose muzakomeza kubimenyesherezwa muri Group kuko umuntu yishyura bitewe naho ashaka kujya.

Murakoze.