Posts
Amakosa akomeye umuntu akora akazayicuza mu bihe bizaza,...
Amakosa atuma umuntu adatera imbere, atuma umuntu ayicuza ubuzima bwose iyo atamenye ubwenge ngo ayakosore hakiri kare.
Tembera inzu y'igitangaza ikorerwamo na Perezida Erdogan...
Inzu y'akataraboneka ikorerwamo na Perezida wa Turkiye.
Uburusiya ntibuzaganira na Ukraine kugeza igihe buzayitsindira...
Umu Dipolomate wa mbere k'u Burayi Borrell aratangaza ko Uburusiya budateze kuganira na Ukraine mu gihe Butaratsinda intambara.
Igitero cya Drones i Moscow, ku murwa mukuru w'u Burusiya....
Nyuma y'igitero cy'indege 2 zitagira abapilote cyagabwe ku nzu y'umukuru w'Igihugu cy'u Burusiya [ Kremlin ] mu minsi mike ishize...
Gutorwa kwa Erdogan Umwaku k'Uburengerazuba, menya ibituma...
Kongera gutorwa kwa Erdogan kuri Manda ya 3, n'ikibazo k'Uburengerazuba kuko butashakaga ko yatorwa kuko akoranira bya hafi n'Uburusiya...
Ibinyabuzima binini biba mu mazi.
Ku Isi habarizwa ibinyabuzima bitandukanye ibito, ibinini, ibiringaniye hari kandi n,ibitaboneshwa amaso harimo nka Bacteria na virus....
Abaturage bo muri Turkiye baramukiye mu matora yo kwihitiramo...
Uyu munsi ibyo muri Turkiye birasobanuka, amatora ikiciro cya 2. kuri iki Cyumweru nibwo muri Turkiye batora Perezida wabo ku nshuro...
Ibimenyetso simusiga bikwereka ko warangije kwandura HIV/SIDA.
Ese wamenya ute ko warwaye SIDA? hari ibimenyetso umuntu yakwibonaho ntiyirengagize ahubwo agatangira kugira amakenga yo kuba yaranduye...
Ibyiza byo kwikinisha, wari uzi ko bibuza abantu gusara,...
Benshi bumva ko kwikinisha ari bibi, ariko hari ibyiza bivugwa ko ubikora avanamo.
Umukuru w'ingabo za Ukraine Valeriy Zaluzhny yararashwe...
Ibitero bikomeye by'Uburusiya byagabwe kumukuru w'ingabo za Ukraine Valeriy Zaluzhny byaramukomerekeje cyane, bivugwa ko yatakaje...
“Kyiv iti tumaze guhitana ingabo z’u Burusiya zigera...
Amakuru atangazwa na kyivPost aravuga ko ingabo za Ukraine zimaze kwica abasilikare b’u Burusiya bagera ku 205260 kuva aho ibikorwa...
Aba Perezida bo Muri Africa baminuje kurusha abandi, bayobowe...
Abategetsi ba Africa bo kurwego rwa Perezida bafite amashuri menshi muri uyu mwaka wa 2023.
Uko Ibihugu bihagaze mu kugira Abaturage biyahura cyane.
Kwiyahu bikomeje gufata indi ntera kuri uyu m’Ubumbe dutuye, Abantu bakomeje gufata umwanzuro wo kwiyambura ubuzima bitewe n’impamvu...
Ukuriye ubutasi bw'Ubudage yatangaje ko Uburusiya budateze...
Umukuru w'ubutasi m'u Budage yatangaje ko Uburusiya bugifite gahunda n'Ubushobozi byo gukomeza imirwano burimo muri Ukraine.
Perezida wa Brazil asanga agatsiko ka G-7 kadateze kurangiza...
Amagambo y'umutegetsi wa Brazil yatunguranye mu matwi ya benshi.
Bakhmut ifashwe n'Uburusiya nyuma y'igihe kinini ari ibagiro.
Umutwe wa Wagner group kuri uyu wa Gatandatu watangaje ko ufashe byuzuye Umugi wa Bakhmut, uherereye m'Uburasirazuba bwa Ukraine hakaba...