Last seen: 2 months ago
Stay informed.
Ingabo z'u Burusiya zahanuye ibisasu 2 byo mu bwoko bwa Grom-2 ballistic missiles, hejuru y'ikirere cya Crimea.
Abayobozi baheruka gushyirwa mu nshingano nshya barahiriye imbere y'Umukuru w'Igihugu.
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka muri RDF, Gen. Kazura na Maj Gen. Murasira Basimburijwe rimwe.
Abagore bakunze gusakuza cyane mu gihe bageze ku byishimo byabo bya nyuma, ese kuki bibagendekera gutya.
Umu Dipolomate wa mbere k'u Burayi Borrell aratangaza ko Uburusiya budateze kuganira na Ukraine mu gihe Butaratsinda intambara.
Umukuru w'ubutasi m'u Budage yatangaje ko Uburusiya bugifite gahunda n'Ubushobozi byo gukomeza imirwano burimo muri Ukraine.
Iyi nkuru irakwereka inganda z'irambye cyane kurusha izindi , ibihugu zikoreramo ndetse n'imyaka zimaze ( n'inganda zikora ibintu...
Ingabo za Sudan n'umutwe wa Rapid Support Forces basinye amasezerano y'agahenge mu mirwano bamazemo hafi ukwezi kose barwana.
Uwahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za America Dorland Trump, ya yatangaje ko yifuza kuzabonana na Putin bakarebera hamwe uko...
Icyemezo cy'Ifungwa n'ifungurwa kizasomwa ku italiki 15 Gicurasi.
Hari ibintu abantu badaha agaciro nyamara bishobora kubagiraho ingaruka kandi zikomeye, bikabashegesha bakazisanga barabaye ibisenzegeri...
Indege 4 z'intambara z'u Burusiya zo mu bwoko bwa IL-76 ( IIyushin 76), zatangiye gukura Abaturage b'Abarusiya muri Sudan ku Cyumweru....
Imodoka zihenze kurusha izindi ku Isi ziganjemo Lamborghini na Lolls. N'imodoka zimenyerewe nk'iza abantu batunze agatubutse cyangwa...
Kuri uyu wa 29 Mata, 2023, Ukraine yagabye igitero cya Drone giturutsa ahabikwa amavuta i Sevastopol m'u Burusiya, ariko ntihagira...
Judith yumvikanye yiyama abatangazamakuru yise injiji kubera gutangaza amakuru badafitiye gihamya, abihanangiriza abamenyesha neza...
Kuri uyu munsi wa Kabiri nibwo hari hateganijwe icyo Biden atangaza ku matora yo mu mwaka uza wa 2024. Yakomeje gutangaza ko azagera...