Last seen: 17 days ago
Stay informed.
Iyi nkuru iragaruka ku mico abagore bamwe bagaragariza abagabo, abagabo badakwiye kwirengagiza na Gato kuko kuyirengagiza bibagiraho...
Uru rutonde ruragaruka ku Bihugu bifite igisilikare kitari icy’umwuga, igisilikare kitabasha guhagarara ku Gihugu cyangwa se kurinda...
NATO umuryango wo gutabarana w’ibihugu biyobowe na Amerika, watangaje ko uzemera ubusabe bwa Ukraine mu bihe biri imbere, bitari...
Iran yamaze kugira ubushobozi bwo gukora igisasu cya kirimbuzi mu minsi 12 gusa, ibi ni ibitangazwa na Leta zunze ubumwe za A merica.
Buri muntu ashaka akazi ngo abone umushahara wo kwifashisha mu gukemura ibibazo ahura nabyo m’ubuzima ndetse akanakoresha uwo mushaha...
Mu mbuga zigera kuri Miliyaridi 2 zose, izi nizo Abanyarwanda basuye cyane mu mwaka wa 2022.
Abakoresha Instagram na Facebook bagiye kujya bishyura ama Dolari 11.99 kugira_ngo bahabwe Blue Badge ya Meta, kugira_ngo Meta yemerere...
N’inde ukwiye kubwira ibanga ryawe? cyangwa uwo udakwiye kwirushya uribwira. Amabanga yawe ukwiye kumenya neza uwo uyabwira, wizeye...
Ingona iri mu nyamaswa nini mu zikururuka ziri k’umubumbe w’Isi, iyi nyamaswa ikaba ibasha kuba ku butaka ndetse no mu mazi.
Cryptocurrencies ubundi n’iki? Cryptocurrency ni ifaranga ry’ikoranabuhanga ridafatika rishingiye kuri blockchain kandi ryegerejwe...
Cryptocurrencies ubundi n’iki? Cryptocurrency ni ifaranga ry’ikoranabuhanga ridafatika rishingiye kuri blockchain kandi ryegerejwe...
Ibihugu bifite uburezi bwiza ku Isi kurusha ibindi bisigaye nibyo tugiye kubagezaho muri iyi nkuru.
Urugamba mu mugi wa Bakhmut rurakomeje Kandi rurakomeye cyane, ahagana mu m’amajyaruguru y’uyu mugi hari imirwano ikomeye, mu...
Umuryango wo gutabarana wa OTAN uhuriwemo n’ibihugu 30 bihagarariwe na Leta zunze Ubumwe za Amerika, watangaje ko witeguye guhangana...
Hari ibintu ababyeyi batakubwiye Kandi bakwiye kuba barabikubwiye utanakura ahoa ari ho hose, si ubushake bwabo ariko kuko wenda ntabyo...
Igihugu cya Ukraine gifite akazi ko kurinda umugi wa Bakhmut kugira ngo utagwa mu biganza by’u Burusiya kuko byahita biteza akaga...