Posts
Amerika iravuga ko uko byamera kose Ukraine itazatsinda...
Amerika yabaye nkitanga umuburo ku Gihugu cya Ukraine, ivuga ko uko Ukraine yarwana kose bisa nko kuvomera mu kiva kuko idateze gutsida...
Ubutasi bw’u Burusiya burembeje Uburayi na NATO.
Ubumwe bw’uburayi buratangaza Ko buri gufata intasi zikorera Uburusiya ku bwinshi, muri ibi bihe Uburusiya buri kwagura cyane ibikorwa...
Robots z’u Burusiya zageze ku rugamba.
Igisirikare cy’Uburusiya cyashyikirijwe robots zo kurwanya ibifaru byo mu bwoko bwa leopards 2 byatanzwe n’Ubudage na Abrams by’Abanyamerika.
Umu General ukomeye m’u Burusiya yiyahuye.
Umusilikare ukomeye mu ngabo z’u Burusiya wo ku rwego rwa General yasanzwe iwe yiyahuye, uyu yaraherutse kwirukanwa mu ngabo z’u...
Ese wari uzi ko ingona yabayeho mbere ya Dinozoro.
Ingona iri mu nyamaswa nini mu zikururuka ziri k’umubumbe w’Isi, iyi nyamaswa ikaba ibasha kuba ku butaka ndetse no mu mazi.
Dore Cryptocurrencies 10 udakwiye kwirengagiza gucukura...
Cryptocurrencies ubundi n’iki? Cryptocurrency ni ifaranga ry’ikoranabuhanga ridafatika rishingiye kuri blockchain kandi ryegerejwe...
Ibihugu 10 byemera ikoreshwa rya Cryptocurrency nta_komyi.
Cryptocurrencies ubundi n’iki? Cryptocurrency ni ifaranga ry’ikoranabuhanga ridafatika rishingiye kuri blockchain kandi ryegerejwe...
Ibihugu bituwe n’abagore benshi kurusha abagabo.
Hari Ibihugu biba bituwe n’umubare mu_nini w’abagore kurusha uw’Abagabo babituye, hari naho imibare iba ijya kwegerana ndetse...
Ibihugu 10 bifite uburezi bwiza ku isi.
Ibihugu bifite uburezi bwiza ku Isi kurusha ibindi bisigaye nibyo tugiye kubagezaho muri iyi nkuru.
Iran mu nzira yo kurasa igisasu kirimbuzi.
Uburengerazuba buratangaza ko Iran yishe amategeko ahuriweho yo gutunganya imbaraga za nuclear ngo zibyazwemo amashanyarazi, ahubwo...
Ukraine n’Uburusiya biri gutikuranira I Bakhmut mu rugamba...
Urugamba mu mugi wa Bakhmut rurakomeje Kandi rurakomeye cyane, ahagana mu m’amajyaruguru y’uyu mugi hari imirwano ikomeye, mu...
NATO yiteguye kurwana n’u Burusiya.
Umuryango wo gutabarana wa OTAN uhuriwemo n’ibihugu 30 bihagarariwe na Leta zunze Ubumwe za Amerika, watangaje ko witeguye guhangana...
Boris Johnson ati Putin yambwiye Ko ya_nyica akoresheje...
Uwahoze ari minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yavuze ko Putin yagerageje kumutera ubwoba amubwira ko yamwica akoresheje ibiturika...
Menya Leopard 2 ibifaru bigezweho by’ubudage.
Leopard 2 ni ibifaru bigezweho byo mukiragano gishya bikorwa n’igihugu cy’u Budage bukaba ari nabwo bubigurisha ibindi bihugu...