Posts
Urutonde rw'Abagwizatunga ba mbere ku Isi muri uyu mwaka...
Isheja Media House, yabashakiye urutonde rw'Abagwizatunga ba mbere ku Isi rushya dore ko ari urwo muri uyu mwaka wa 2023.
Lionel Messi yafashije ikipe ye ya Paris Saint Germain...
Nyuma yo kumara iminsi ikipe ya Paris Saint Germain ititwara neza yaje gutsinda ikipe ya OGC nice muri shampiyona y'igihugu y'ubufaransa...
Ikipe ya Real Madrid yatunguwe n'ikipe ya Virrareal iyitsindira...
Ikipe ya Real Madrid yari imaze iminsi ihagaze neza yatunguwe n'ikipe ya Virrareal iyisanze ku kibuga cyayo iyitsinda ibitego 3:2...
America yashyize ibisasu bya nuclear m'Uburasirazuba bwo...
Leta ya America iratangaza ko yashyize ibisasu kirimbuzi m'Uburasirazuba bwo hagati.
Zimwe muri Jenoside zabaye mu mateka y'Isi.
Jenoside: n'icyaha ndengakamere kibasira ubwoko runaka, inzu y'abantu runaka, abahuriye kumyemerere runaka cyangwa se ikindi kintu...
Menya icyo Uburusiya ari bwo.
Benshi biyumvisha ko Uburusiya ari Igihugu kimwe Kandi Kigali cyane dore ko ari cyo cya mbere ku Isi mu bunini. Bakongera kukimenyaho...
Uburusiya bufashe undi mugi w’ingenzi muri Ukraine.
Ingabo z’Uburusiya zifashe undi mugi w’ingenzi k’urugamba zirimo muri Ukraine, umugi wa Kreminna ufashwe nyuma yaho Perezida...
Igihugu kizagerageza gufata Putin kizaba kiyahuye, Medvedev.
Medvedev ati uzagerageza guta muri yombi Putin yitwaje inyandiko za ICC ntakindi azaba ashaka uretse intamba kandi irimo ibiturika...
Ibihugu 10 by’Africa bifite ubutasi bukomeye.
Buri gihugu kigira ubutasi bugamije gushaka amakuru no gukumira ibyago bishobora kugwira igihugu byaba ibitunguranye ndetse n’ibyateguwe....
Ibihugu 10 by’Africa bifite abanyabwenge ku_kigero cyo...
Iyi nkuru iragaruka ku Bihugu 10 by’Africa bifite abaturage bafite IQ iri hejuru kurusha ibindi bihugu k’Umugabane.
Uburusiya buti izi mpapuro zo gufata Putin nta handi zakora...
Ese koko ICC yata Putin muri yombi? Ese izi mpapuro za ICC hari icyo zimaze cyangwa se hari icyo zakora kuri Putin?
Uko ibihugu bikurikirana mu kugira ibyishimo.
Raporo yo muri uyu mwaka wa 2023, igaragaza uko ibihugu bikurikirana mu kugira abaturage bishimye yasohotse. Iyi Raporo yerekana uko...
Leta 10 zo muri America zifite abagabo benshi bisiramuye.
Gusiramura: ni ugukata uruhu rutwikiriye umutwe w’igitsina gabo, ubwo gusiramurwa bikaba biraba ye. Abantu bamwe bemera kuba bakwisiramuza,...
Ibihugu byafunze TIKTOK k’ubutaka bwabyo, mu bihe bitandukanye.
Ibi nibyo bihugu byagiye bihagarika TIKTOK mu bihe bitandukanye kugera no muri uyu mwaka wa 2023, hakiri ibikiyihagarika.
Menya ikinyabuzima kibaho iteka ryose, kidapfa.
Abantu benshi bakunze kwibaza uko barwanya urupfu bakarukumira ntirubagereho, ariko usanga bavunwa n’ubusa kuko urupfu ruri hafi...
Dore umugore udakwiye gushaka kabone niyo waba umukunda...
Iyi nkuru iragaruka ku mico abagore bamwe bagaragariza abagabo, abagabo badakwiye kwirengagiza na Gato kuko kuyirengagiza bibagiraho...