Amakuru

Urutonde rw'Abagwizatunga ba mbere ku Isi muri uyu mwaka...

Isheja Media House, yabashakiye urutonde rw'Abagwizatunga ba mbere ku Isi rushya dore ko ari urwo muri uyu mwaka wa 2023.

America yashyize ibisasu bya nuclear m'Uburasirazuba bwo...

Leta ya America iratangaza ko yashyize ibisasu kirimbuzi m'Uburasirazuba bwo hagati.

Ibihugu 10 by’Africa bifite ubutasi bukomeye.

Buri gihugu kigira ubutasi bugamije gushaka amakuru no gukumira ibyago bishobora kugwira igihugu byaba ibitunguranye ndetse n’ibyateguwe....

Uko ibihugu bikurikirana mu kugira ibyishimo.

Raporo yo muri uyu mwaka wa 2023, igaragaza uko ibihugu bikurikirana mu kugira abaturage bishimye yasohotse. Iyi Raporo yerekana uko...

Leta 10 zo muri America zifite abagabo benshi bisiramuye.

Gusiramura: ni ugukata uruhu rutwikiriye umutwe w’igitsina gabo, ubwo gusiramurwa bikaba biraba ye. Abantu bamwe bemera kuba bakwisiramuza,...

Ibihugu byafunze TIKTOK k’ubutaka bwabyo, mu bihe bitandukanye.

Ibi nibyo bihugu byagiye bihagarika TIKTOK mu bihe bitandukanye kugera no muri uyu mwaka wa 2023, hakiri ibikiyihagarika.

Ibihugu biyoborwa n’ishyaka rimwe, kuva aho biboneye...

Hakunze kumvikana ijambo Demukarasi muri sisiteme y’imiyoborere, aho Demukarasi bishatse kuvuga ko ari ubutegetsi bw’abaturage...

Urutonde rw’Ibihugu bifite intwaro kirimbuzi.

Uru ni urutonde rw’Ibihugu bifite intwaro kirimbuzi n’umubare bitunze mu bubiko bwabyo.

Ibihugu 20 bifite igisilikare kidakaze ku Isi.

Uru rutonde ruragaruka ku Bihugu bifite igisilikare kitari icy’umwuga, igisilikare kitabasha guhagarara ku Gihugu cyangwa se kurinda...

Ibihugu bifite abaturage banywa inzoga kurusha ibindi ku...

Ese ni ikihe gihugu gihiga ibindi mu gusoma agata ku Isi? Muri rusange ibi nibyo bihugu bifite abaturage bakanda amazi kurusha ahandi...

Iran gukora igisasu kirimbuzi mu minsi 12.

Iran yamaze kugira ubushobozi bwo gukora igisasu cya kirimbuzi mu minsi 12 gusa, ibi ni ibitangazwa na Leta zunze ubumwe za A merica.

Ibihugu 10 bitanga umushahara mwiza ku Isi.

Buri muntu ashaka akazi ngo abone umushahara wo kwifashisha mu gukemura ibibazo ahura nabyo m’ubuzima ndetse akanakoresha uwo mushaha...

Websites 20 zasuwe n’Abanyarwanda cyane mu mwaka 2022.

Mu mbuga zigera kuri Miliyaridi 2 zose, izi nizo Abanyarwanda basuye cyane mu mwaka wa 2022.

Kwishyura gukoresha zimwe muri services za Facebook.

Abakoresha Instagram na Facebook bagiye kujya bishyura ama Dolari 11.99 kugira_ngo bahabwe Blue Badge ya Meta, kugira_ngo Meta yemerere...

Bush yasize aburiye Obama ko Uburusiya buzatera Ukraine.

Hamenyekanye amakuru yari ibanga ko Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America George Bush, ava kubutegetsi 2009 yasize...

Ubutasi bw’u Burusiya burembeje Uburayi na NATO.

Ubumwe bw’uburayi buratangaza Ko buri gufata intasi zikorera Uburusiya ku bwinshi, muri ibi bihe Uburusiya buri kwagura cyane ibikorwa...