Posts
AMAFOTO y'umunsi, kumunsi wo kwibuka Yvan Buravan._ISHEJA
Ibishushanyo bya Yvan Buravan bibereye ijisho.
Uburusiya mu rugendo rwo gushaka amazi ku kwezi._ISHEJA
Uburusiya bwongeye gukora nk'ibyo bwakoze mu myaka 47 ishize.
Ibihugu byasabye kwinjira muri BRICS kumugaragaro._ISHEJA
BRICS ni umuryango ukomeje gutanga ikizere ku Bihugu byinshi, aho byinshi mu Bihugu bikomeje kugaragaza gushaka kwinjira muri uyu...
Uko ibihugu bikurikirana mu kugira igisilikare gifite ingufu...
Urutonde rw'uyu mwaka wa 2023, rugaragaza uko ibihugu bikurikirana mu kugira igitinyiro mu Gisilikare rwageze hanze.
Uko ubukungu bw'Isi buzaba buhagaze muri 2050, USA izaterwa...
Ubukungu bw'Isi muri 2050, buzaba buyobowe n'Ubushinwa.
Kuba subscribers 500 ushobora gutangira gukorera amafaranga...
YouTube yahinduye imikorere, ushobora gutangira gukorera $ ufite abantu 500.
Ibyo wamenya ku ibendera rya mbere ry'u Rwanda.ISHEJA
Nkuko bisanzwe bimenyerewe buri Gihugu kigira ibendera, ariko siko byahoze kuko ibendera ari Abakoloni baryadukanye.
Ibihugu bitekanye kurusha ibindi ku Isi._ISHEJA
Ibihugu bya mbere bitekanye ku Isi, nibyo tugiye kugarukaho. Kuri uru rutonde nta cyahindutse cyane kuva mu mwaka wa 2008 kugeza uyu...
Umu General wa 2 ukomeye m'u Burusiya aburiwe irengero....
Amakuru y'ibura ry'Abasilikare bakuru bo ku rwego rwa General m'u Burusiya, akomeje guhwihwiswa n'abo m'Uburasirazuba. Ese koko Abasilikare...
Abantu 170 bishwe n'igisirikare cya Ukraine bavumbuwe muri...
Aba bantu bivugwa ko bishwe n'igisirikare cya Ukraine ni 170, basanzwe mu mva zitandukanye muri Repubulika ya Rubanda ya Lugansk.
Putin yemeje ko Zaluzhny umukuru w'ingabo za Ukraine, ari...
Perezida Putin mu kiganiro n'Abatangazamakuru, yatangaje ko Zaluzhny ari hanze y'igihugu.
Abaherekeje Perezida Ramaphosa bafungiwe muri Polonye,...
Perezida wa Africa y'Epfo yasuzuguriwe mu Gihugu cya Poland.
Ni akahe kazi ka Minisitiri w'ingabo mu Rwanda._ISHEJA
Iyi nkuru iragaruka ku kazi ka Minisitiri w'ingabo mu Rwanda n'Abandi basirikare bakuru.
Impamvu abasirikare 116 birukanwe muri RDF._ISHEJA
Impamvu abasirikare 116 harimo abajenerali birukanwe mu ngabo z'u Rwanda.
Ibihugu birenga 20, birifuza kwinjira muri BRICS._ISHEJA
Ibihugu bitandukanye bikomeje kwifuza kwinjira muri BRICS.