Ukraine iri kurushwa intege n’u Burusiya I Soledar.

Ukraine iri kurushwa intege n’u Burusiya I Soledar.

Ukraine iragerageza kwigarurura soledar ariko iravuga ko biitoroshye..kyiv iratangaza ko nubwo iri kugerageza kwigarurira soledar ariko ibona ko ari ibintu  bigoye nko kwimura umusozi kubera ubugome  bwa group wagner, igisilikare cya Ukraine kiti turi kugerageza kongera kugenzura umugi wa soledar uherereye muri Donetsk mu burasirazuba bwa ukraine ariko ni ibintu bigoye cyane kuko ingabo za group wagner ziri kwiyongera muri uyu mugi wa soledar kandi zitwaje intwaro zazo zikomeye.    

Deputy Defence Minister Ganna Malyar aratangaza ko imirwano ikomeye hagati ya Ukraine n’U Burusiya irimbanyije aho ukraine ishaka kwigaranzura u burusiya mu mugi wa soledar.        

                              

Group wagner iratangaza ko yarangije gufata umugi wa soledar,minisitiri wingabo m’u  Burusya we aratangaza ko imirwano igikomeje mu gihe ukraine yo itangaza ko wagner itaragenzura soledar kuburyo bweruye.  

Amakuru arakomeza avuga ko impande zombi zikomeje gutakaza kuburyo bukomeye muri uyu mugi wa soledar ndetse no mu marembo ya Bakhmut, umugi w’ingenzi cyane kumpande zombi. 

u burusiya bukaba buri ku rwana umuhenerezo ngo bugenzure byuzuye Donetsk yose nk’ubutaka bw’U Burusiya kuko bwatangaje ko ari igice cya bwo mu mwaka ushije.