Perezida Kagame yatangaje ko u Rwanda rwongereye Ingabo na police muri Mozambique mu rwego rwo guhangana n’imitwe ikora iterabwoba muri iki Gihugu cya Mozambique.

Perezida Kagame yatangaje ko u Rwanda rwongereye Ingabo na police muri Mozambique mu rwego rwo guhangana n’imitwe ikora iterabwoba muri iki Gihugu cya Mozambique.

Perezida Kagame yatangaje ko u Rwanda rwongereye Ingabo na police muri Mozambique mu rwego rwo guhangana n’imitwe ikora iterabwoba muri iki Gihugu cya Mozambique.

Izi ngabo na police bagiye I Cabo Delgado bahasanga izindi ngabo n’ubundi zari zihasanzwe, yanavuze Kandi ko ibikorwa bigera kuntego bikozwe kubufatanye by’ingabo zu Rwanda, Mozambique hamwe n’izindi zihabarizwa.

Umukuru w’Igihugu yakomeje agira ati muri Mozambique dukoresha amafaranga yacu, ati abibwiraga ko hari abaduha amafaranga bacisha hasi bamenye ko atari byo. Ati u Rwanda rurakennye ariko rurakize mu mitima nibyo birushoboza ibyo.

Yakomeje avuga Kandi ko uko ari nako bimeze muri central Africa ko naho basangiye na baho bike u Rwanda rufite.