Wari Uzi ko u Rwanda ruri mu Bihugu 10 bifite abagore (abakobwa) beza muri afurika.

Uyu munsi twabakusanyirije urutonde rw’ibihugu 10 muri afurika bifite abagore beza, ,,,,,,

Wari Uzi ko u Rwanda ruri mu Bihugu 10 bifite abagore (abakobwa) beza muri afurika.

Uyu munsi twabakusanyirije urutonde rw’ibihugu 10 muri afurika bifite abagore beza, biba bigoye guhita uvuga ko igihugu runaka gifite abagore beza kurenza ibindi utarabigeramo ngo wirebere maze nyuma ugereranye twifashishije intonde zitandukanye duhitamo ibihugu 10 izontonde zihuriraho. Hari abemeza ko urwanda ruza kumwanya wa mbere ariko sibyo namaranga mutima yabo.

Duhereye ku mwanya wa 10 turahasanga :

10) Sudani y’amajyepfo (South Sudan)

Iki gihugu nicyo kiza ku mwanya wa 10, gifite abakobwa beza cyane bazwiho kuvuga icyongereza gisukuye. Sudani yepfo ifite abagore bakuru abagabo cyane cyane  ab’anyamahanga.

9)Rwanda

Urwanda ku mwanya wa 9, Abantu benshi bab’anyamahanga bakunze kumvikana bavuga ko abanyarwandakazi aribeza bafite n’isuku guhera ku bakora ku kibuga kindege nababa bagendagenda muri kigali.

8)maroke (Morocco)

N’igihugu gifite abagore beza b’abarabu, bavuga icyarabu usanga bishimira ab’anyamahanga cyane, aba bagore bakifuza no kubamenya byinshi k’umunyamahanga.

7)Kenya

Abagore bo muri Kenya bakunda kwitaka cyane umubiri wose, bakunda no kwambara imyambaro gakondo ugasanga bishimisha ubabareba. Abagore bo muri Kenya bavuga icyongereza neza bishimisha abanyamahanga kubera biborohera kubavugisha.

6)Misili (Egypt)

Abagore baho mu myambaro ya kiyisilamu usanga bagaragara neza. Abantu benshi bajya mu Misili kubera pyramids bagiye kwihera amaso Izo nyubako zirambye kurenza izindi hano ku isi, n’igihugu gifite amateka azwi cyane.

5)Ghana

Igihugu gifite abagore beza cyane nabo bakoresha icyongereza mu kuganira n’abanyamahanga, abagore bazwiho kwakira impuguke n’abakerarugendo neza bigatuma babiyumvamo bakanabakunda. Abagabo bakunda abagore birabagora kwikura muriki gihugu.

4)Eritrea

N’igihugu gito gituranye na Ethiopia.

Eritrea n’igihugu cyuzuyemo abagore n’abakobwa beza bihebuje niba ushaka umugore mwiza uzagane kino gihugu wige ururimi gakondo rwaho rwitwa Tigrinya maze wibikeho umugore utagira ukwasa.

3)Etiyopiya ( Ethiopia)

N’igihugu abantu benshi bakunda kujya mubiruhuko bagana bitewe nubwiza byacyo. Abagore n’abakobwa bo muriki gihugu bazwiho kugira amaso manini akurura abatari bake ndetse ningendo (imigendere) zabo ngo zishimisha benshi. Ururimi bakoresha cyane ni Amharic.

2)Djibouti

N’igihugu gito cyane ariko kibamo abagore bibitangaza abantu benshi bashidukira kubera imiterere yabo n’imyambarire gakondo, Djibouti n’igihugu gifite abaturage bari munsi ya miliyoni.

Bavuga igifaransa.

1)Somaliya (Somalia)

Iki gihugu giherereye aho bita mw’ihembe rya afurika nicyo kiyobora uru rutonde.

Abagore n’abakobwa baho bidasubirwa kubera ubwiza bwabo nibwo bubashyira kuruyu mwanya wa mbere.

Bakoresha icyarabu nigi Somali nk’indimi zemewe.

Urwo nirwo rutonde rw’ibihugu 10 by’afurika mur’iyiminsi bizwiho kuba bifite abagore n’abakobwa bakurura abagabo cyangwa se beza.

Urutonde rukurikira tuzababwira uko ibihugu bikurikirana ku rwego rw’isi.